Kamonyi
Akarere Ka Kamonyi gaherereye mu Ntara y'Amajyepfo, gafite Imirenge 12, Utugari 59 n'Imidugudu 317, gafite abaturage 450,849, gafite ubuso bungana na kilometero kare 655,5, gahana imbibe n'Uturere dutanu: Muhanga, Ruhango, Nyarugenge, Gakenke na Bugesera. Akarere ka Kamonyi kandi kubatse mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, Intara y'amajyepfo. Akarere ka Kamonyi gafite ibintu nyaburanga bitandukanye. Muri byo twavuga 'Ijuru rya Kamonyi, Ubu ni mu Murenge wa Gacurabwenge aho Umwami Yuhi II MAZIMPAKA yari atuye. Umuhungu we Cyirima Rujugira waje kujya gutura ku musozi wa Gaseke ubu ni mu Murenge wa Kayenzi. Hari n'ishyamba ahashyingurwaga abami i Muganza mu Murenge wa Karama.
Menya byinshi12
Imirenge
59
Utugari
317
Imidugudu
450,849
Abaturage (2022)
655,5
Ubuso (Km2)
683
Ubucucike (Km2)
Itsinda rya ryaturutse mu kigo cy’Igihugu cy’ibarurishamibare riyobowe na bwana RUGAMBA Augustin, ryatangiye isuzuma ry'imihigo y'Akarere y'umwaka…
Perezida wa Sena y’ Rwanda Dr. KALINDA Francois Xavier tariki ya 04 Nyakanga 2026 yifatanyije n'abatuye Akarere ka Kamonyi mu birori byo kwizihiza…
Ku cyicaro cy’Akarere ka Kamonyi habereye inama isanzwe y’Inama Njyanama y’Akarere iyobowe na Perezida w’Inama Njyanama bwana Nyoni Emilien Lambert.…