Image

Akarere ka Kamonyi

  • Ahabanza
  • Akarere
  • Serivisi
  • Amakuru
  • Inyandiko
  • Newsletters
  • Kinyarwanda
    Kinyarwanda
  • Serivisi z'Irembo
Ikaze muri
Kamonyi

Imali

Serivisi fatizo zitangwa mu ishami ry'Imali ...
Read more →

Ubuhinzi & Ubworozi

Serivisi fatizo zitangwa mu ishami ry'ubuhinzi n'umutungo kamere...
Read more →

uburezi

Serivise fatizo zitangwa mu ishami ry'uburezi
Read more →

Ubuzima

Serivise zitangirwa k' Akarere mu ishami ry'ubuzima
Read more →

Menya byinshi

Kamonyi

Akarere Ka Kamonyi gaherereye mu Ntara y'Amajyepfo, gafite Imirenge 12, Utugari 59 n'Imidugudu 317, gafite abaturage 450,849, gafite ubuso bungana na kilometero kare 655,5, gahana imbibe n'Uturere dutanu: Muhanga, Ruhango, Nyarugenge, Gakenke na Bugesera. Akarere ka Kamonyi kandi kubatse mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, Intara y'amajyepfo. Akarere ka Kamonyi gafite ibintu nyaburanga bitandukanye. Muri byo twavuga 'Ijuru rya Kamonyi, Ubu ni mu Murenge wa Gacurabwenge aho Umwami Yuhi II MAZIMPAKA yari atuye. Umuhungu we Cyirima Rujugira waje kujya gutura ku musozi wa Gaseke ubu ni mu Murenge wa Kayenzi. Hari n'ishyamba ahashyingurwaga abami i Muganza mu Murenge wa Karama.

Menya byinshi

12

Imirenge

59

Utugari

317

Imidugudu

450,849

Abaturage (2022)

655,5

Ubuso (Km2)

683

Ubucucike (Km2)

Amakuru

GACURABWENGE: HATANGIRIJWE KU RWEGO RW’AKARERE GAHUNDA YO KWIBUKA KU NSHURO YA 32 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994

Tuesday, 07 April, 2026

Hirya no hino mu Midugudu igize Akarere ka Kamonyi,  kuwa 07 Mata 2026 kimwe n'ahandi mu gihugu habereye igikorwa cyo gutangiza gahunda yo kwibuka ku…

Read more →

KARAMA: HABEREYE UMUGANDA RUSANGE WIBANZE KU MYITEGURO YO KWIBUKA KU NSHURO YA 32 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994

Saturday, 28 March, 2026

Tariki 28 Werurwe 2026, hirya no hino mu Mirenge itandukanye igize Akarere, habereye ibikorwa by’umuganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe . Ni…

Read more →

MAJ. GEN. JACK NZIZA YITABIRIYE INAMA NYUNGURANABITEKEREZO YATEGUWE KU BUFATANYE NA KOMISIYO YO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABAHOZE ARI ABASIRIKARI

Friday, 27 March, 2026

Kuwa 27 Werurwe 2026 biro by’Akarere habereye inama nyunguranabitekerezo yitabiriwe n’ibyiciro bitandukanye yateguwe ku bufatanye bw’Akarere na…

Read more →

Andi makuru

Dukurikirane

Hamagara kubuntu: 4057

info@kamonyi.gov.rw

Contact Us →

Staff Mail

Emboni

IPPIS

Privacy policy



© 2026 Repubulika y' u Rwanda