TUMENYE AHANTU UBU HEMEREWE GUTANGIRWA IBYANGOMBWA BYO KUBAKA
TUMENYE AHANTU UBU HEMEREWE GUTANGIRWA IBYANGOMBWA BYO KUBAKA (SITES) MURI KAMONYI HAFATWA NK’IGICE CY’UMUJYI:
ICYITONDERWA: Ku batuye mu yindi Mirenge, hari site zigera kuri 135 zatunganyijwe zinakoreshwa ibishushanyo mbonera, aho hantu niho abaturage bemerewe gusaba ibyagombwa basaba kubaka kandi bo ibi byagombwa byo kubaka babisaba ku Murenge.